Abaturage bo mu Kagari ka Kagitumba kabarizwa mu Murenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare, kuri ubu baravuga ko kuba barishatsemo ibisubizo bakigurira ubutaka bw'irimbi bubegereye mu Kagari kabo ...
Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwabo bwa buri munsi bikomeje kubahindurira ubuzima, harimo no kubaha urumuri rubafasha kwitezimbere muri gahunda zose ...
Abatuye ku kirwa cya Gihaya mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, baravuga ko babangamiwe no kuba ivuriro rito (Poste de Sante) bari bubakiwe rimaze imyaka isaga 2 ridakora. Ibi ngo bikubitiraho ...
Abantu 27 batangiye urugendo rw’ibirometero 6470 bakoresheje amagare muri bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Aurika y’Iburasizuba, batanga ubutumwa bwo kubungabunga ibidukikije no guharanira umuco ...
Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Guverinoma y’u Rwanda yahaye iya Zimbabwe toni 1000 za kawunga mu kuyifata mu mugongo nyuma yo kwibasirwa n’inkubi y’umuyaga wa El Nino ugateza amapfa. Iyi nkunga yatanzwe kuri uyu wa Kane na ...
Mukabalisa Donatille wari Perezida w’Umutwe w’Abadepite muri manda yacyuye igihe, yatorewe kuba Umusenateri ahagarariye Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda. Ni amatora yabaye kuri uyu wa ...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko kugeza umuriro w’amashanyarazi ku Banyarwanda no hirya no hino mu gihugu byabaye imbarutso y’iterambere rishingiye ku ishoramari ryaba iry’imbere mu gihugu cyangwa ...
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB rwasabye abantu bose gutangira ku gihe amakuru ku bakora ihohoterwa rishingiye ku gitsina, no kubungabunga ibimenyetso bifasha abahohotewe kubona ubutabera.